Mu
gitondo cyo kuri iki cyumweru nibwo ikipe ya As Kigali yakinaga umukino wa
Gicuti na As Maniema yo muri Congo, umukino wabereye kuri sitade ya Rubavu. Ni
umukino utarabereye igihe kuko wari uteganyijwe kuri uyu wa gatandatu ariko
kubera ibisubizo bya Covid-19 byatinze kuboneka bituma urara udakinwe wimurirwa
muri iki gitondo.
Abakinnyi
As Kigali yabanjemo
Maniema
niyo yashoje umukino iyoboye nyuma yo gutsinda igitego ku munota wa 20. Aya
makipe azakina Umukino wo kwishyura kuri uyu wa 4 tariki 26, umukino ubere muri
Congo.