Ikipe
y'igihugu Amavubi ikomeje imyitozo yitegura imikino ibiri yo gushaka itike
y'imikino y'igikombe cy'Isi kizabera muri Qatar 2022 aho abakinnyi bamwe bavuye
mu kato batangiye imyitozo n'abandi bakinnyi.
Umuzamu
Twizere Buhake Clement myugariro wa As Kigali na Byiringiro Lague bari
mu bakinnyi batangiye imyitozo. Rukundo Dennis yari amaze icyumweru mu kato
nyuma yo kuva muri Uganda aje mu kazi mu ikipe ye nshya ya As Kigali gusa
bigahurirana.
Rukundo Denis yavuye mu kato ki cyumweru ahita angira imyitozo
Twizere Buhake na we yatangiye imyitozo
Byiringiro Lague yatangiye imyitozo