RFL
Kigali

Umuyobozi wa Rayon Sports yafashe rutemikirere yerekeza muri Maroc gushaka amafaranga n'ubufatanye

Yanditswe na: ISHIMWE Olivier Ba
Taliki:19/07/2021 6:33
0


Uwayezu Jean Fidele yafashe rutemikirere yerekeza muri Maroc gushaka amafaranga no gutsura ubufatanye n'ikipe ya Casablanca.



Kuri iki gicamunsi tariki 18 Nyakanga 2021 ni bwo umuyobozi wa Rayon Sport yafashe indege yerekeje mu guhugu cya Maroc mu ruzindiko rw'iminsi itandatu aho biteganyijwe ko azasinya amasezerano y'ubufatanye hagati y'ikipe ayobora na Raja Athletic Casablanca.

Uyu muyobozi biteganyijwe ko azagaruka mu Rwanda mu mpera z'iki cyumweru tuzatangira ejo. Raja Athletic Casablanca ni ikipe ikina ikiciro cya mbere muri Maroc ikaba ikipe ikunzwe muri iki gihugu aho ikunze kwigaragaza mu mikino nyafurika.


Raja Athletic Casablanca ubu iri Ku mwanya wa 2 muri shampiyona ya Maroc






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND