RFL
Kigali

Messi nyuma y'ibyumweru 2 nta kazi afite yemeye gusinya amaserano mashya akanagabanya umushahara

Yanditswe na: ISHIMWE Olivier Ba
Taliki:14/07/2021 16:10
0


Lionel Messi wari umaze ibyumweru 2 asoje amasezerano muri Barcelona yemeye kongera kuba umukinnyi wayo ariko akagabanya amafaranga ahembwa.



Hari hashije igihe kigera ku kwezi abakunzi ba Barcelona ndetse n'umupira w'amaguru muri rusange bibaza ejo hazaza ha Lionel Messi,  dore ko mu byumweru bibiri bishize yari yasoje amasezerano muri iyi kipe y'ubuzima bwe. Kuri uyu munsi nibwo Messi yemeye kongera masezerano y'imyaka 5 ndetse akagabanya 50% by'umushahara yahembwaga.

Biravugwa ko uyu mugabo w'imyaka 34 y'amavuko aya maserano y'imyaka itanu ashobora kuzakinira Barcelona igice cyayo ikindi gice akagikina muri America ariko akagumya ari Ambasaderi wa Barcelona muri America.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND