Hari abavukana ubwenge buri hejuru! Umukobwa muto yajyanye imodoka ye y’igipupe kuri Sitasiyo gushyirishamo Lisansi arishyura -AMAFOTO

Utuntu nutundi - 22/06/2021 12:33 PM
Share:

Umwanditsi:

Hari abavukana ubwenge buri hejuru! Umukobwa muto yajyanye imodoka ye y’igipupe kuri Sitasiyo gushyirishamo Lisansi arishyura -AMAFOTO

Ni kenshi cyane hagaragara abana bato cyane bagaragaza ubwenge butangaje ibikorwa n’abantu bakuru ugereranije n’igikorwa batekereje nk’uko umwana muto w’umukobwa yagaragaye atwaye imodoka y’igikinisho ayigeza kuri Sitasiyo.

Uyu mwana wagaragaye ku mbuga nkoranyambaga, amashusho ye yatangaje benshi, ni umwana ugaragara ko ari mu kigero cy’umwaka umwe, yari atwaye igipupe. Yageze ahari Sitasiyo araparika ngo bamushyiriremo Lisansi maze akuramo amafaranga arishyura.

Umukozi ucuruza Lisansi, yatunguwe, kugira ngo afashe umwana akomeze urugendo rwe yafashe umupira ushyiramo Lisansi awutunga mu modoka y’igipupe kugira ngo amujijishe ko abonye Serivise yaje kwaka.




Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...