Ni kenshi uzasanga hari abakora ibikorwa bigayitse bigatuma babikora bihishahisha kubera kwanga ikimwaro, abakobwa babiri bivugwa ko ari Abatinganyi byarangiye basomaniye ahantu bitaruye abantu babahanze amaso ibyatumye bavugisha imbuga nkoranyambaga.
Abakoresha imbuga nkoranyamaba cyane
Twitter, babonye amafoto yasakajwe, bamagana ubutinganyi bw’aba bakobwa aho
harimo icyamamare ku mbuga nkoranyamabaga witwa ‘Nana Birungi’ wahise yemera ko
ari umutinganyi.
Nana, bakunda kumukekakeka bivugwa ko
atingana n’abakobwa bagenzi be, nyuma yaho amafoto ye asakajwe, yanyarukiye
kuri Twitter avuga ko kuba yahitamo kuba umutinganyi nta kosa ririmo kandi ari
amahitamo ye, kuba yasomana n’umukobwa iminota hafi 10 agashimangira ko atari
ubwa mbere abikoze.
Yagize ati: "Ni inshuti yanjye kandi ntabwo ari ubwa mbere nsomanye n’umukobwa, amafoto yarafashwe kandi nta kibazo, nshobora kuba umutinganyi igihe mbishatse".
TANGA IGITECYEREZO