RFL
Kigali

Amateka n'ibigwi bya Kanye West umuraperi ukize kurusha abandi Isi - VIDEO

Yanditswe na: Abitije Seraphin Elise
Taliki:6/06/2021 6:52
0


Isi imaze ituwe n’abantu miliyari na miliyari z'abantu bagenda bahererekana mu kitwa ibisekuru. Muri abo hari abo usanga baranditse amateka ku buryo amazina yabo aba atakibazwaho ikibazo ngo uwo ni inde, akora ik,i yakoze iki?.



Buri umwe aba afite inzozi kuva mu bwana kugeza atabarutse zirimo naba Perezida, naba umunyapolitike, naba umusirikare ukomeye, naba umuririmbyi rurangiranwa, naba umukinnyi w’icyamamare, naba uwihayimana, naba umudogiteri, naba umushabitsi, naba umunyamideli naba umwenjeniyeri, naba umunyamakuru naba ikaba naba.

Ariko naba ukongeraho nka runaka kuko uwo ariwe ukomeye wumviseho umurongo umwe w’ubuzima wavuze ijambo rikakunyura ukumva uzaharanira kuba nkawe. Kuva mu bwana ukabikorera ariko ugasanga hari ikibazo kimwe utinjiramo atari uko utabishaka ahubwo warabuze ubigufashamo.

Ngo ubashe kumva no gusobanukirwa uwo muntu wifuza kumera nkawe inzira y’inzitane n’amahwa yanyuzemo icyuya yabize ibyiza n'ibibi yakoze kuva avutse kugera ageze aho ageze ngo umenye byimbitse uwo munyamideli, umuhanzi, umunyapolitike n'undi wifuza kumera nkawe bigufashe kugera ikirenge mu cye.

Uyu munsi OGFAH ASE Analyst yabateguriye amateka ya Kanye wongeyeho West. Kanye West utavugirwamo uyoboye urutonde rw’abanyamuziki batunze agatubutse ku isi, ubuzima bwe butuma ahora avugwa yewe azanahora avugwa amagana n’amagana y’imyaka.

Kubera impamvu zitari imwe ebyiri ahubwo zirenga amagana yatawe na se akiri muto atera intimba nyina umubyara wanamureze nyamara nyina yaje gusobanukirwa ko wari umuhamagaro kandi impano ya Kanye West itasabaga kuminuza. Umwaka wa 2007 n'uwa 2021 Kanye ntazigera ayibagirwa

KANDA HANO UKURIKIRE AMATEKA Y'UTAVUGIRWAMO UYOBOYE URUTONDE RW’ABAHANZI BATUNZE AGATUBUTSE


 








TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND