Umugabo yaciye inyuma umugore we ajya gusambana n’undi birangira ibitsina bifatanye bagezwa kwa muganga-AMAFOTO

Utuntu nutundi - 28/05/2021 9:42 AM
Share:

Umwanditsi:

Umugabo yaciye inyuma umugore we ajya gusambana n’undi birangira ibitsina bifatanye bagezwa kwa muganga-AMAFOTO

Biragoye kwiyumvisha uburyo igitsina cy’umugabo gihera mu myanya y’ibanga y’umugore ariko bijya bibaho, akenshi bivugwa ko ari amarozi aba yakoreshejwe nk’uko umugabo wo muri Kenya yagejejwe kwa muganga nyuma y'aho igitsina cye giheze mu mugore bari gusambana.

Amakuru y’ikinyamakurui Newsngr, avuga ko byatewe n’umugore waciwe inyuma wakoresheje amarozi ubwo yafataga umugabo we ari kumuca inyuma. Akibafata bari gusambana, umugore yahise abajugunyaho imiti gakondo bahita bafatana.


Abari barimo gukora imibonano mpuzabitsina barasakuje cyane kubera ububabare, ni bwo abantu bahise bahurura barabahambiranya babageza kwa muganga kugira ngo babashe kubafatanura. Mu kujyanwa kwa muganga aba bombi bagendaga induru zivuga baherekejwe n’umugore waciwe inyuma nk’igihano yahaye umugabo we akoresheje uburozi.


Umugabo Kamau wari wafatanye n’umugore, yavuze ko ubwe yaciye umugore inyuma kuko yari atakimwitaho nk’umuntu bakundana. Inkuru zikomeza zivuga ko muri Kenya hari uduce tuvugwa cyane mu gukoresha amavuta y’uburozi yitwa ‘Mangube’ atuma abari gukora imibonano mpuzabitsina bafatana n'ubwo bamwe batemera ko bibaho.


Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...