Menya aho izina Nicole ryavuye nicyo risobanura.
Nicole ni izina rihabwa umwana w’umukobwa, rifite inkomoko mu Kigereki ku izina Nikolaos risobanura "intsinzi y’abaturage"
Hari abandika Nikole,Nickole,Nicolle,Nichole cyangwa Nicole bitewe n'igihugu.
.Bimwe mu biranga Nicole
-Nicole ni umukobwa urangwa no kugira umutima mwiza, ni umuhanga kandi usanga ari umuntu udasanzwe kuko akurura abantu bakamukunda kubera imico ye myiza.
-Agira ikinyabupfura , yanga umuntu urenganya undi kandi ntabwo yihanganira abantu babikora.
-Azi gucunga amafaranga , ntabwo apfusha ubusa usanga azi kwihambira agakora icyihutirwa.
-Yanga umuntu wica igihe kuko akunda gahunda no gukorana n’abantu bubahiriza igihe.
-Nicole ni umunyamahoro yunga abantu, usanga aba atuje mu byo akora kandi abyitayeho.
-Nicole usanga icyo agerageje gukora cyose akibasha.
Src:www.behindthename.com
TANGA IGITECYEREZO