RFL
Kigali

Ghana: Umunyamakurukazi Mzbel yasangije abamukurikira amafoto agaragaza ibice bye by'ibanga

Yanditswe na: Abitije Seraphin Elise
Taliki:15/05/2021 20:30
0


Nk'uko yagiye abitangaza mu binyamakuru bitandukanye ni uko atazi icyo bita ubwambure. Umunya-Ghana w'umuririmbyi n'umunyamakuru, Mzbel yasangije abamukurikira kuri Facebook amafoto agaragaza ibice bye by'ibanga.



Mu butumwa yasangije abakunzi be INYARWANDA yabashije kubona, Mzbel yanditse agira at "Murabona nshaje ra? Ndi umukobwa wa karindwi ni nanjye ufite izina ry'abanyamahanga rya Dipo kubera Mama yari yaramaze kwakira Kristo.”

Mzbel avuga ko kuba umuntu yashyira amafoto hanze y'ubwambure bwe ntacyo bitwaye nk'uko yigeze kubitangaza ari mu kiganiro n'umunyamakuru wo kuri radiyo yo muri Accra witwa Amansan Krakye.

Yagize ati ”Mvugishije ukuri numva kuba umuntu yashyira amafoto y'ubwambure bwe ku karubanda nta kibazo mbibonamo. Ikindi sinzi icyo abantu bita ubwambure kuri njye mu mafoto, hari n'ubwo usanga n'uwambaye n'iyo yaba umwambaro umwe n'iyo waba muto afatwa nk'uwambaye ubusa.”


Avuga ko atazi icyo abantu bita ubwambure mu mafoto







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND