Isi yuzuyemo ibintu bitanganje, abantu batanganje akenshi baba baribasiwe n’uburwayi bukomeye, Umukobwa Khadija Khatoon, ufite imyaka 23, nta maso cyangwa amazuru afite kandi ariho mu buzima yamaze kwiyakira n’urukundo rw’agahebuzo akundwa n’umuryango we.
Khadija, Kugeza ubu, ntarashobora kubagwa, nk'uko abaganga babivuze yaravuwe biratinga , abaganga b’inzobere batandukanye baramubaze
bagerageza kumuvura biba iby’ubusa birananirana .Khadija
yavukiye i Kolkata, mu Burasirazuba bw'Ubuhinde mu muryango ukennye.
Ababyeyi be Rashid Mulla w'imyaka 62 na Amina Bibi w'imyaka 52, babanje kutamenya,imiterere y’uburwayi bw’umukobwa wabo wahumuye amaso afite amezi abiri, Icyakora uyu mukobwa ukiri muto yeretse isi ko yumva atababajwe nuko yisanze ahubwo ko yamaze kwiyakira.
Kadija
wari ufite ibibyimba bito bigenda bikura mu maso bikarangira bikuze
cyane isura ye igahuma, umuryango we wagirwaga inama zo kumuvuza hakiri kare
barabikerensa bagirango bizikiza, nyuma bagerageje kumuvuza birananirana.
Mu nkuru zagiye zitambuka mu
bitangazamakuru bitandukanye birimo the sun , Bitangaza ko umuryango uzakomeza
kwizigama kugeza igihe umwana wabo avuwe akagarura isura nzima, Khadija we yishimira isura ye.
TANGA IGITECYEREZO