Ni kenshi cyane inyamaswa zerekana ko zizi ubwenge butangaje, cyane cyane imbwa zikunze gutozwa n’abazungu. Imbwa yitwa Boncuk yakoze benshi ku mitima ubwo yakurikiraga imbangukiragutabara (Ambulance) yari ijyanye Sebuja ku bitaro.
Iyi mbwa yaje kwerekana ko izi neza ko Sebuja arembye, maze ubwo yashyirwaga
mu bitaro ikajya ijya buri munsi gusura uko amerewe ariko igahera hanze
itegereje ko Sebuja asohoka igaheba maze
igataha ikagaruka bukeye bwaho.
TANGA IGITECYEREZO