Imbwa yakurikiye 'Ambulance' yatwaye Sebuja imara iminsi imusura ku bitaro kugeza akize barataha

Utuntu nutundi - 22/01/2021 11:21 AM
Share:

Umwanditsi:

  Imbwa yakurikiye 'Ambulance' yatwaye Sebuja imara iminsi imusura ku bitaro kugeza akize barataha

Ni kenshi cyane inyamaswa zerekana ko zizi ubwenge butangaje, cyane cyane imbwa zikunze gutozwa n’abazungu. Imbwa yitwa Boncuk yakoze benshi ku mitima ubwo yakurikiraga imbangukiragutabara (Ambulance) yari ijyanye Sebuja ku bitaro.

Iyi mbwa yaje kwerekana ko izi neza ko Sebuja arembye, maze ubwo yashyirwaga mu bitaro ikajya ijya buri munsi gusura uko amerewe ariko igahera hanze itegereje ko Sebuja asohoka igaheba maze igataha ikagaruka bukeye bwaho.

Src: The Guardian

Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...