Wari umukino
ubanza ku mpande zombi mu gihe umukino wo kwishyura uzakinwa tariki 19
Ukwakira 2019 kuri sitade ya Kigali.
Sugira Ernest
yatsinze igitego cyahesheje Amavubi amanota atatu nyuma yo kuba anaheruka
gutsinda mu mukino wa gicuti u Rwanda rwatsinzemo DR Congo ibitego 3-2.
Sugira Ernest yafashije u Rwanda kubona impamba
Abakinnyi 11
b’u Rwanda babanje mu kibuga ni; Ndayishimiye Eric Bakame (GK.1.C), Imanishimwe
Emmanuel 2, Ombolenga Fitina 13, Manzi Thierry 4, Mutsinzi Ange Jimmy 5,
Niyonzima Olivier Sefu 21, Nshimiyimana Amran 5, Ndabimana Eric Zidane 6,
Manishimwe Djabel 19, Sugira Ernest 16 na Iranzi Jean Claude 12.