Nk’uko bisanzwe bigenda
mu mpera za buri cyumweru InyaRwanda ibagezaho urutonde rw’indirimbo nshya
z’abahanzi barimo abamaze kugera ku rwego rukomeye n’abakizamuka.
Mu bakoze mu nganzo
harimo umuhanzi Kenny Sol wagarukanye indirimbo nshya yise ‘Deja vu,’ Niyo
Bosco wongeye kugaruka nyuma y’igihe kirekire atagaragara mu muziki, Prince
Kiiz winjiye mu kuririmba, Angell Mutoni wasohoye Album ye yise ‘The Delivery’
n’abandi benshi.
Dore indirimbo nshya 16 InyaRwanda yaguteguriye zagufasha kuryoherwa n'impera za Gicurasi,
ari nako witegura kwinjira neza mu kwezi gushya kwa Kamena:
1. Deja Vu – Kenny Sol
2. Uwadanje – Prince Kiiz
3. Ousaahh – Angell Mutoni
4. Daddy God – Niyo Bosco
5. Hondamo – Chaka Fella ft Zeo Trap
6. Tuzabana – Mulix ft Yampano
7. Muraho (Laho Freestyle) - KidfromKigali ft Thedicekid
8. Amahano - AMAG The Black
9. Nisindiye – Real Roddy
10.Amenya – Richard Nick Ngendahayo
11.Aragukunda – Jado Sinza & Sinza
12.Maisha Katika Dunia – Papi Clever & Dorcas ft Merci Pianist
13.Twabonye Imana – Elie Bahati
14.Jesus Set Me Free – Sintex
15. Amenya - Richard Nick Ngendahayo
16. Recycles – SEE Muzik ft Emeline Penzi