Aya mazu ari kuri iki kirwa kiri ku nyanja itukura, mu bilometero 26 uvuye muri Arabia Saudite aho n’ubundi uyu mukinnyi asanzwe
akina. Kujyayo bisaba gukoresha gukoresha indege igwa ku kibuga mpuzamahanga
cyo ku nyanja cyangwa ubwato bwihariye.
Izi nzu zose zihagaze Miliyonii 7.5 z’Amayero aho imwe ari Miliyoni 3 z’Amayero mu gihe indi yo ari Miliyoni 4.5 z’Amayero. Aya yose uyashyize mu manyarwanda arenga Miliyari 13.
Kuri iki kirwa Cristiano Robaldo n’umugore we
baguzeho inzu ni mu mushinga wa Arabia Saudite wiswe Nujuma wakozwe
n’Umwongereza Norman Foster aho hari amazu menshi asa ndetse hakabayo na
hoteli.
Aha abantu benshi bahajya bagiye kuruhuka bijyanye n’umutuzo n’amafu aba ahari ndetse n’ibindi bintu byose umuntu yakenera.





Ubwiza bw'inzu Ronaldo n'umugore we baguze
