Abifuza guhagararira amazi ya Wow bashyizwe i gorora

Kwamamaza - 18/04/2025 3:53 PM
Share:

Umwanditsi:

Abifuza guhagararira amazi ya Wow bashyizwe i gorora

Ubuyobozi bw’amazi ya Wow burahamagarira abifuza guhagararira hirya no hino aya mazi y’umwimerere ko bagana ko babagana ku cyicaro giherereye mu mujyi wa Kigali, Akarere ka Nyarugenge, Umurenge wa Muhima, akagari ka Kabeza, umudugudu wa Sangwa bagafashwa.

Umusizi w’umwongereza, W. H. Auden, yaravuze ngo ‘Ibihumbi by’abantu byabayeho nta rukundo bafite ariko nta muntu n’umwe wabayeho nta mazi.’ Ibyo bigaragaza akamaro k’amazi.

Abandi bahanga bahuriza ko “Isoko y’ubuzima ni mu gikombe cyawe—nywa amazi meza, wiyongerere imbaraga.” Ibi nibyo byatumye hasukurwa amazi meza ya wow avuye mu isooko y’umwimerere.

Kubwo ibyo no gukwirakwiza urukundo aya mazi akoranye, Ubuyobozi bw’Amazi ya WOW (Wow water) amazi y'isoôko y'umwimerere atunganyijwe neza, n'urukundo rwinshi, mu rwego rwo kuyageza ku bantu bose n’ahantu hose, buramenyesha abifuza kuyahagararira mu bice bitandukanye by'Igihugu, ko babagana ku cyicaro giherereye mu mujyi wa Kigali, Akarere ka Nyarugenge, Umurenge wa Muhima, akagari ka Kabeza, umudugudu wa Sangwa.

Umuhanda wo munsi ya CHIC mu mujyi wa Kigali, haruguru y'ibiro by'akagari k'Abeza ahateganye n'Ishuri rya Apacope Cyangwa mugahamagara kuri téléphone 0788461171.

Ubuyobozi bw'amazi ya Wow burasaba buri wese wifuza kubahagararira mu gihugu ko yabagana


Umwanditsi:

Yanditswe 18/04/2025 3:53 PM

Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...