Umusizi w’umwongereza, W. H. Auden, yaravuze
ngo ‘Ibihumbi by’abantu byabayeho nta rukundo bafite ariko nta muntu n’umwe
wabayeho nta mazi.’ Ibyo bigaragaza akamaro k’amazi.
Abandi bahanga bahuriza ko “Isoko
y’ubuzima ni mu gikombe cyawe—nywa amazi meza, wiyongerere imbaraga.” Ibi nibyo
byatumye hasukurwa amazi meza ya wow avuye mu isooko y’umwimerere.
Kubwo ibyo no gukwirakwiza urukundo
aya mazi akoranye, Ubuyobozi bw’Amazi ya WOW (Wow water) amazi y'isoôko
Umuhanda wo munsi ya CHIC mu mujyi wa Kigali, haruguru y'ibiro by'akagari k'Abeza ahateganye n'Ishuri rya Apacope Cyangwa mugahamagara kuri téléphone 0788461171.
Ubuyobozi bw'amazi ya Wow burasaba buri wese wifuza kubahagararira mu gihugu ko yabagana