Kutagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina cyangwa se kugira ubushake buke ni ibintu usanga biba ku bantu benshi ariko kuko bisa n’ibiteye isoni hari ababyihererana bagahebera urwaje ari naho usanga bibaye intandaro yo gutandukana kw’abashakanye.
Nyuma yo gusanga abantu batari bacye bafite ikibazo cyo kugira intege nke mu gihe
cy’imibonano mpuzabitsina ariko bakibwira ko ari ko bizahora, hari inkuru nziza
kuko habonetse umuti ukomoka mu bimera karemano witwa force ushobora gufasha
umuntu mu minsi 21 gusa agasubira mu buzima busanzwe ndetse akaba yabasha kugira
imbaraga mu gikorwa cy’urukundo nkuko muganga w’ibimera abisobanura ati:
“Uyu muti witwa Force, nkuko izina ryawo riri utera imbaraga
ugatuma umugabo ucika intege mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina yongera kugira
imbaraga ndetse nyinshi ku buryo bya bindi bisanzwe by’iminota 3 byibagirana
burundu agashimisha mugenzi we”
Ati ”Ba bagabo bakoresha ibinini byongera imbaraga babicikeho
kuko force niwo muti mwiza ukoze mu bimera kandi urizewe cyane, wongera uturemangingo turema imbaraga z’umugabo
mu gukora imibonano mpuzabitsina ugasanga bimeze neza,
Akomeza avuga ko uyu muti ufasha abagore batakigira ubushake
bwo gukora imibonano mpuzabitsina kuko uragenda ukajya mu mijyana n’imigarura
igakora neza bityo umubiri ukongera gusubira ku rugero rwiza.
Ikindi nuko uyu muti witwa Force ufasha aba sportif kugira
imbaraga nyinshi, ba bandi bakunda gutura ibishyito bya buri kanya bihinduka
inzozi iyo banyoye uyu muti ndetse abarwara umutwe udakira ndetse n’umugongo
uyu muti ubakoraho rikaka.
Muganga uvuza ibimera avuga kandi ko uyu muti ufasha ba bagore basanzwe bagira imihango myinshi idakama, kuko urayigabanya ndetse ukayiringaniza ikazira ku gihe. Ubaye wifuza kuvugana na muganga ushobora guhamagara iyi numero 0788673610 akakuvura akoresheje umuti witwa Force ukoze mu bimera gusa.
TANGA IGITECYEREZO