RFL
Kigali

Jay C uri mu kwezi kwa buki yatangaje ko yakoze ubukwe kabiri anavuga amabanga umugore we yamubwiye ku bakobwa-VIDEO

Yanditswe na: InyaRwanda
Taliki:12/08/2020 9:30
0


Umuraperi Jay C washyize hanze indirimbo yise 'Dinero' afatanyije na Bulldog, yahishuye byinshi bijyanye n’ukwezi kwa buki arimo anagaruka ku mishinga afite mu muziki. Jay C aganira na inyaRwanda.com yavuze ko hari amabanga yahishuriwe n’umugore we ku bakobwa.



Nyuma y’igihe kitari gito umuraperi Jay C atagaragara mu isibaniro ry’abandi baraperi ndetse na muzika muri rusanjye yagarutse mu ndirimbo nshya afatanije na Bull Dog bise Dinero yasohokanye n’amashusho yayo.

 Muri iki gihe uyu muhanzi ari mu kwezi kwa buki. Mu kiganiro kirambuye yagiranye na InyaRwanda.com yatangaje byinshi bijyanye n’uku kwezi kwa buki arimo we n’umugore ndetse anavuga n’imishinga afitiye abakunzi b’umuziki we. Ese ni ayahe mabanga umugore wa Jay C yamubwiye ku bakobwa?

Reba ikiganiro kirambuye Jay C yagiranye na InyaRwanda TV    

Umvaindirimbo Dinero ya Jay C na Bull Dogg


VIDEOS: Aime Filmz & Neza Valens Vava (InyaRwanda.com)






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND