RFL
Kigali

Dore ibimenyetso bitatu bizakubwira umukobwa ukiri isugi

Yanditswe na: Clementine Uwiringiyimana
Taliki:7/08/2020 10:36
18


Ijambo vierge (isugi) rikoreshwa bashaka gusobanura umuntu cyangwa ikintu kitarakoreshwa, kitarangirika, icyo ntashudikanya ni uko iyo bavuze ngo uriya mukobwa ni isugi abenshi bumva icyo bashatse gusobanura.



Bisobanuye ko kuva avutse nta muntu yigeze apfundurira agaseke k’ubukobwa bwe umutemeri ukazakurwaho n’umugabo wemewe n’amategeko, umutemeri ku gaseke ugereranywa n’akarangabusugi hymen.

Muri iyi minsi kubona umukobwa w’isugi ni tombora ariko bariho. Hari umusore uba wifuza kuzashyingiranwa n’umukobwa w’isugi yazageza mu rugo uwo yahisemo mu ijoro ry’umunsi w’ubukwe agasanga uwo yashatse si isugi bikamubabaza kandi amazi yamaze kurenga inkombe.

Niba wifuza kuzashyingiranwa n’umukobwa w’isugi dore ibimenyetso 3 uzasuzuma bikagufasha kumenya ukuri hakiri kare ugafata icyemezo gishingiye ku makuru yizewe.

1.Gutega amatwi ibiganiro bye: Umukobwa ukiri isugi atsinda amazina y’imyanya ndangagitsina, umukobwa nimuganira ukumva atinyuka kuvuga nta soni imyanya ndangagitsina y’abagore n’iy’abagabo bizakubere ikimenyetso cy’uko ashobora kuba yaratakaje ubusugi bwe. Ikizakubwira ko ibyo iyi ngingo ivuga ari ukuri uzumve uko abakobwa bakora uburaya bavuga uzasanga bavuga bakanatukana amagambo y’urukozasoni yerekeye ku bitsina nta soni bafite.

2.Imyambarire: Muri iyi minsi uzabona abakobwa batari bake bambara amajipo magufi ku buryo bukabije. Opera news dukesha iyi nkuru ntabwo yerura ngo ivuge ko ari ikimenyetso cy’umukobwa watakaje ubusugi ariko ivuga ko umukobwa wambara imyenda imwubahishije iyo mugeze no mu gutera akabariro akenshi usanga akiri isugi.

3. Imyitwarire idahwitse: Umukobwa wirekura kuri buri kimwe utagira isoni na nkeya zo kwerekana ingeso mbi nabyo ni ikimenyetso cy’uko yatakaje ubusugi.

Inzobere mu bijyanye n’ibitsina Rosemary Landy Martin na Michael Bennes icyo bahurizaho ku miterere y’umubiri iyo umukobwa atakaje ubusugi ntacyo ahindukaho.

Bavuga ko uburyo bwo kumenya ko umukobwa ari isugi ari ugusuzuma imyitwarire ye cyangwa ukamubaza. Gusa basaba abasore kwitondera kubaza abakobwa iki kibazo kuko kiri mu bibazo abakobwa banga kubazwa.

Bennes na Martin bavuga ko kubaza umukobwa ko ari isugi bishobora kuzana umwuka mubi mu mubano wanyu kuko atangira kukubona nk’umuntu udasirimutse.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • HYEN3 years ago
    NIBYOKO JYE NDUMVA MPISE NTECYEREZA IBIDAKWIYE MURAKOZE
  • DAVIDE3 years ago
    CYAKAKUKUMENYA
  • DAVIDE3 years ago
    UBUKOZIBWIBIBI BURIYAKWIRINDANIBYIZA.IYO WIRINZEBYAKURINDA INDWARA.
  • samu3 years ago
    ngetwayitadutanansanzeatari,isugi
  • Nisingizwe. Faustin.2 years ago
    Igitekerezo cyanje: 1.umukobwa yarakoze imibonano mbuza bitsina rimwe yakonkera akaba isugi
  • Nisingizwe. Faustin.2 years ago
    Igitekerezo cyanje: 1.umukobwa yarakoze imibonano mbuza bitsina rimwe yakonkera akaba isugi
  • Nininahazwe benonie1 year ago
    Nn ko hariho abatinya kuvuga iyo myanya yibitsina ark ugasanga yarabikoze .,woca wongera ukamumenyera kuki yuko ari ( ISUGI ?)
  • Umutoni uwase1 year ago
    Umukobwa ukiri isugi
  • Nitwa, nsengimana cloude 11 months ago
    Fite umukunzi ambwira ko akirisugi kndi nanjye sindabikora nalimwe kandi tujyiye gushakana najyira nibaza uko biba bimeze?
  • Mugisha body sylvestre10 months ago
    Birumvikan kwl nashaka mubwir at kuki se nyama zirabura akoroza inda ya bidady? Kand barakundanaga?
  • Alphonse10 months ago
    Ivyo nukuri uzoshima kumukobwa ari isugi umubwiy amajamb yerekey igitsina ntashok akwishur ahubw acashak gutandukan nawe
  • Vyizigiro eustache9 months ago
    Jewe uwonkunze ibimenyetsovyose mwatubgiye vyerekanako ataba arisugi vyose ndamaze kubimubonako harigihe ambgira amajambo nokumenya imbantame arikondamubajije ambgirako arivyobize kwishure ndamubajij nti ubgokwl wewe uracyari isugi aranyemerera kariyo arikokumajambo avuganiyantera ubgoba
  • elevisniyomwungere5 months ago
    Isugi
  • IRANKUNDA ERNEST4 months ago
    Ikint cukur nik umukbw atari isug mukuvug ibijany nigtsina ntac bimubwir ububnak yisanzuy ah ni nka 60%
  • Sabrine3 months ago
    Wow! Sha nange ndiyo.
  • Andre uwayisenga2 weeks ago
    Biba byiza iyo mushaka muziranye niba Ari isugi cyangwa atariyo ukaba ubizi.
  • Aïdon sayinguvu1 week ago
    Ingene benda isugi
  • Uwiringiyimanadonata1 week ago
    Abakobwadukwiyekwitwaranezaimicoyacyuikaturanga





Inyarwanda BACKGROUND