RFL
Kigali

Montell Jordan yashimangiye ibyo gukizwa kwa Kanye West

Yanditswe na: Kwizera jean de Dieu
Taliki:2/12/2019 8:22
0


Umuhanzi Montell Jordan yavuze ko yagendanye urugendo na Kanye West rwo kwemeza ubukiristu bwe kumugaragaro, ari nabyo bituma ashimangira iby'ubukirisitu bwa Kanye West wabatijwe 'Yesu' n'abantu.



Umwe mu bahanzi bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Montell Jordan yagarutse ku bukiristu bwa Kanye West ndetse no kwinjira mu by'umwuka kwe ubwo yabazwaga ku bwo ukwizera kwa Kanye no kwigarurira Imana. Montell yagize ati "Kujya mu gakiza kwa Kanye West byigaragaza binyuze mu bikorwa akora, mbese ubona neza ko yamaze kwakira Yesu nk'umucunguzi we".

Iyo witegereje neza ugasubiza amaso inyuma ukareba iby'uyu mugabo Kanye West akora uhita ubona ko yakijijwe bya nyabyo. Ibi byagaragariye mu bikorwa by'amasengesho akora aho aba asenga cyane hamwe na korali ye The Samplers. 

Ibyo gukizwa kwa Kanye byemejwe na Pastor Joel Osteen ubwo basenganaga mu materaniro. Nk'uko tubikesha ikinyamakuru TMZ ni uko abantu bose bagirwa inama yo kutajya bacira imanza abantu by'umwihariko abahanzi.


Kanye West yiyeguriye Imana






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND