RFL
Kigali

ITANGAZO RYA CYAMUNARA: Hagiye kugurishwa inzu yubatse mu Gatenga muri Kicukiro

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:28/11/2019 10:49
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru No 019-081447 cyo kugurisha ingwate cyatanzwe kuwa 21/10/2019 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;



Hashingiwe ku mabwiriza y'Umwanditsi Mukuru NO 03/2010/ORG yo ku wa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara ndetse no kwegukana ingwate;

Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko; tariki ya 04/12/2019 saa Yine (10Hrs) za mu gitondo, azagurisha muri cyamunara inzu iri mu kibanza UPI 1/03/02/03/3210 iri mu Kagari ka Nyanza, Umurenge wa Gatenga, Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali.

Cyamunara izabera aho uwo mutungo uherereye. Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefone igendanwa; 0788550679 cyangwa 0788532330.

Bikorewe i Kigali none kuwa 26/11/2019

UMUGIRANEZA Jean Michel ushinzwe kugurisha ingwate ni we washyize umukono kuri iri tangazo







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND