Impanuka zo mu ngo zikunze kwica abantu benshi cyane ariko zikibasira abana bakiri bato harimo kwitura hasi, gushya n’ibindi. Impanuka zo mu ngo zikunze kwica abantu benshi cyane ariko zikibasira abana bakiri bato harimo kwitura hasi, gushya n’ibindi.
Nyina w’uyu mwana, mu marira menshi avuga ko yari yagiye gusura ababyeyi be noneho asiga acometse chargeur, ni bwo umwana we yahise aza atamira umugozi wa chargeur igicometse, umwana yahise ashya ajyanwa kwa muganga ariko apfa akigerayo.
Mubyeyi comokora umugozi wa chargeur niba utakiyikoresha, shyira kure kandi ibikoresho bishobora gufatwa n’amashanyarazi mu gihe ufite abana bato hato bitazambura ubuzima abawe.
Src: Thesun
TANGA IGITECYEREZO