Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru No 019-054151 cyo kugurisha ingwate cyatanzwe kuwa 24/07/2019 kugira ngo hishyurwe umwenda wa banki;
Hashingiwe ku mabwiriza y'Umwanditsi Mukuru No 03/2010/ORG yo kuwa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara ndetse no kwegukana ingwate;
Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko tariki ya 12/09/2019 saa Cyenda z'amanywa, azagurisha muri cyamunara inzu iri mu kibanza No 1/02/14/03/1315, iri mu kagari ka Kabuga I, umurenge wa Rusororo, akarere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali.
Cyamunara izabera aho iyo nzu iherereye. Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefone igendanwa nomero: 0788550679 cyangwa 0788532330.
Bikorewe i Kigali none kuwa 05/09/2019
Ushinzwe kugurisha ingwate
Umugiraneza Jean Michel
Itangazo rya Cyamunara
TANGA IGITECYEREZO