Aba bahuriye mu gitaramo cya Iwacu Muzika Festival byarangiye bose bitwaye neza, icyakora mu kiganiro Nsengiyumva yagiranye na Inyarwanda yaduhamirije ko yakoze cyane ndetse Diamond byinshi azabibona mu mashusho cyane ko ahamya ko yamurushije abafana. Uyu mugabo ucuranga umuduri ariko akaba mu bakunzwe mu Rwanda yashimiye abanyarwanda bamweretse urukundo ndetse bakanashyigikira muzika nyarwanda mbere yo gushyigikira umunyamahanga.
REBA HANO UKO NSENGIYUMVA IGISUPUSUPU YITWAYE MURI IKI GITARAMO
REBA HANO IBYO NSENGIYUMVA YATANGAJE NYUMA Y’IGITARAMO