RFL
Kigali

Mama Beni wamamaye muri filime ya Citymaid yambikanye impeta y'urudashira na Eric Sebera-AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:31/12/2018 9:15
2


Uwineza Ruburika Nicole inkingi ya mwamba muri filime y’uruhererekane City Maid nyuma yo gusezerana mu mategeko n’umugabo we Eric Sebera bakundanye nyuma yo gushwana n’umukinnyi wa filime Kirenga Saphine bakanyujijeho, bakoze indi mihango yose y'ubukwe yaba gusaba no gukwa yewe banasezerana imbere y'Imana.



Ku wa kane tariki 27 Ukuboza 2018 ni bwo Mama Beni (City Maid) yahamije isezerano rye n’umukunzi we imbere y’amategeko ya Leta y’u Rwanda.  Uyu muhango wakurikiwe n'ubukwe bwabaye ku wa Gatandatu tariki 29 Ukuboza 2018 aho Sebera Eric yasabye akanakwa Mama Beni. Nyuma hakurikiyeho umuhango wo gusezerana imbere y'Imana.

Mama Beni yakundanye na Eric Sebera asimbura Kirenga Saphine wari warambitswe impeta y’urukundo [Fiançailles] n’uyu musore ku itariki ya 25 Nzeli 2015 [Umunsi Kirenga yizihiza isabukuru y’amavuko].

Mama beni

Mama beni

Mama beni

Habanje umuhango wo gusaba no gukwa...

Mama beni

Mama beni

Mama beni

Mama beni

Mama beni

Mama beni

Mama beni

Aha bifotozaga amafoto y'urwibutso banifotozanya n'imiryango yabo

Mama beni

Ni ubukwe bwatashywe n'abantu benshi...






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Wasosi5 years ago
    Eehh burya Sebera ni umusirikari uri kuri ruriya rwego!!! sha genda urongoye umugore mwiza peee! Imana izabubakire muhirwe mu rugo rwanyu.
  • Philemon5 years ago
    Congratulations mr Eric mbifurije kuzagira urugo rehire rwuzuyemwo amahoro nibyishimo





Inyarwanda BACKGROUND