RFL
Kigali

Safi Madiba mu rwego rwo guha impano ya Noheli abakunzi ba muzika yasohoye indirimbo ‘Kimwe Kimwe’–YUMVE

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:25/12/2017 9:46
19


Safi Madiba mu minsi ishize nibwo yafashe icyemezo cyo kuva mu itsinda rya Urban Boys, kimwe mu byavuzweho cyane muri uyu mwaka wa 2017 turi gusoza. Kuri ubu Safi watangiye kwikorana umuziki yashyize hanze indirimbo ye nshya yise ‘Kimwe kimwe’ iyi ikaba ibaye iya kabiri mu ndirimbo ze akoze avuye mu itsinda rya Urban Boys.



Akiva muri Urban Boys Safi Madiba yashyize hanze indirimbo ye ‘Got it’ yari ahuriyemo na Meddy, iki gihe benshi bari bataremera ko uyu muhanzi yamaze kuva muri Urban Boys, aha babyemejwe nuko babonye amashusho y’indirimbo ye na Meddy ndetse n’abagize iri tsinda batangiye kwikorana. Safi ukomeje kwikorana kuri ubu akaba yashyize hanze indirimbo ye ya kabiri nyuma kuva muri Urban Boys.

safiIyi ndirimbo Safi Madiba yamaze kuyifatira amashusho azajya hanze vuba aha

Iyi ndirimbo nshya Safi Madiba yitwa ‘Kimwe Kimwe, akaba yayishyize hanze uyu munsi tariki 25/12/2017 mu rwego rwo guha impano ya noheli abakunzi b’umuziki cyane ko nawe ari umukirisitu uzi icyo umunsi wa Noheli uvuze ku mitima ya benshi mu bakirisitu. Iyi ndirimbo ‘Kimwe Kimwe’ yakozwe na Producer Junior Multisystem mu gihe amashusho yayo yamaze gufatwa kuri ubu igisigaye ari umunsi wateguwe azagira hanze nk'uko Safi Madiba yabitangarije Inyarwanda.com.

UMVA HANO IYI NDIRIMBO 'KIMWE KIMWE'






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 6 years ago
    Iyindirimbo ninziza pe ifite msg yigitangaza
  • Koji6 years ago
    Wakubize imbwamujisho kbs ntandirimbo irimo kbs ubusiyinindirimbo noneho? Urirangije noneho subiramubanyu nonowenyine ntabyo ushoboye
  • 6 years ago
    Nta kigenda rwose mvugishije ukuri
  • Kuku6 years ago
    Mbega safi uramagiwe kabisa uzicuza vuba cyane mbega indirimbo mbiwe congs urban boy mpfumbata mwaduhaye irarenze kabisa
  • Pazzo6 years ago
    Iyi ngoma ni sawa cyane kbs, courage Madiba, utangiranye imbaraga rwise biragaragara ko muminsi mike uraba uhgaze neza, kabisa nikomeza gutya. Iyi ngoma irabyinitse kandi ifite namagambo meza. Courage bro!
  • Ally6 years ago
    Sinkunda commentaire, ariko iyi ntandirimbo iyirimo. Safi yarafite ingufu akiri muri Urban boys ya batatu. Cyokoze Got it yo ninziza nubwo bigaragarako ari iyameddy kurusha kuba iya Safi. courage Nizzo na Humble. mfumbata ni iyambere
  • 6 years ago
    Ese kondeba abantu ishyari hano ryabamaze indirimbo ibariye mubwonko abambari ba nizzo wallah safi congs kbsa wabikoze
  • Alpha6 years ago
    Umva safi comerezaho Uzi umuxiki icyaricyo biragaragara ko ari woe wandikiraga urban boys Gusa abacantege bo bareke Ariko icyo nzicyo nabo ubwabo bashiriye imwibi kubera Iyi ndirimbo wasohoye uburyo ikaze ,tukuri inyuma .
  • Alpha6 years ago
    Ufite amagambo meza yo gukoresha kndi urigaragaza pee,urakaze.
  • Mgtyyu6 years ago
    Wapi.
  • 6 years ago
    wapi rwose uyu muhungu yabaze nabi. nawe se, asigaye aririmba yokanira, ijwi ntirisohoka....
  • 6 years ago
    safi ndakwemera ark bizakugora
  • serge6 years ago
    mbega indirimbo mbi
  • smagambo6 years ago
    Ndumva ari style za 2009 ba lick lick bagitangira, ni ama reverse.
  • ibrahim hakizimana6 years ago
    sha iyi ntandirimbo irimo kbsa.nimba arku uzakora bizakugora rwose kuko swagger boyz Nizzo na humble baragufite kbsa
  • Teddy6 years ago
    Safi uri kubizamo Neza komerezaho abafanabawe turi akwemera cyane
  • Nduwimana dieugo yanga-zo6 years ago
    Bim amatw ubim amas abhuragur ibigmbo ntaco bazagerak iryo nisyari we syiramwimbarag turagusyigi aho buker tuzamur Guma guma supa sutar maz isyari ribamen imitima courag!
  • dj from kinyabb6 years ago
    madiba komereza aho iyindirimbo wagirango yakorewe muri america harimo msg nziza ark abayivuga nabi nabakibabazwe nuko wavuye muri urban boyz safi komereza knd urumuhanga kabisa th bro.
  • Gadi6 years ago
    C najye sijya nkunda gutanga comment gusa iyindirimbo irareze





Inyarwanda BACKGROUND