RFL
Kigali

Uyu munsi ni uwa nyuma wo kugerageza amahirwe yo gutsindira ya modoka ya Toyota Avanza yo muri Airtel Tunga

Yanditswe na: UDAHOGORA Vanessa Peace
Taliki:11/12/2017 14:33
0


Amezi agiye kuba 3 Airtel izanye poromosiyo ya Tunga yari irimo moto 12 zo gutsindira ndetse n’imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Avanza ifite imyanya 7 yo kwicaramo. Kuri ubu moto zose 12 zabonye abanyamahirwe bazitsindira, hasigaye iyi modoka, uyu munsi ukaba ari wo wa nyuma wo kugerageza amahirwe.



Ubwo iyi poromosiyo yatangiraga, buri cyumweru umunyahirwe yatsindiraga moto, none hari hasigaye iyi modoka. Byaba ari igihombo gikomeye niba ufite simukadi ya Airtel ukaba udakina muri Tunga, ushobora gusanga iyi modoka ari iyawe, ni ugukanda gusa 1 ukohereza kuri 155 hanyuma ukabasha kuba umwe mu bantu bagenda mu modoka.

Iyi modoka ifite imyanya 7 yo kwicaramo, wayitsindira ukanze 1 ukohereza kuri 155 ku giceri cy'ijana gusa

Kugira ngo umunyamahirwe abe yatsindira imodoka nk’igihembo gikuru muri Tunga bisaba amanota 5000 kuzamura. Twabibutsa ko kugira ngo nawe ujye mu mubare w’abanyamahirwe bashobora kwegukana iyi Toyota Avanza ifite imyanya 7 yo kwicarwamo, uhamagara kuri 155 cyangwa ukandika 1 ahandikirwa ubutumwa bugufi muri telephone yawe maze ukohereza kuri 155 ubundi ugatangira gusubiza ibibazo ari nako ugwiza amanota.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND