RFL
Kigali

Icent yahuje imbaraga na Mico The Best bashyira hanze indirimbo yabo nshya bise ‘Mbisubiyemo’-YUMVE

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:24/11/2017 9:03
0


Mico The Best ni umwe mu bahanzi bakomeye mu njyana akora ya Afrobeat ndetse akunda kuvuga ko ari we uyiyoboye mu Rwanda. Kuri ubu yongeye kumvikana mu ndirimbo yafashijemo Icent The Trigger.



Icent The Trigger ni umuhanzi umaze igihe kitari gito muri muzika ariko ntaramenyekana cyane n'ubwo we avuga ko bitamuca intege.

Kuri ubu uyu muhanzi yiyunz na Mico The Best bashyira hanze indirimbo yabo nshya bise ‘Mbisubiyemo’. Ni indirimbo yatunganyijwe na Producer Admin Pro, ari nawe nyiri studio yitwa ‘Forever Music’. 

UMVA HANO IYI NDIRIMBO NSHYA ABA BAHANZI BAHURIYEMO






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND