Bwa mbere nyuma yo kubyara Anitha Pendo yasubukuye akazi ko kuba MC–AMAFOTO +VIDEO

Imyidagaduro - 20/11/2017 10:27 AM
Share:

Umwanditsi:

Bwa mbere nyuma yo kubyara Anitha Pendo yasubukuye akazi ko kuba MC–AMAFOTO +VIDEO

Ku wa Gatandatu tariki 18 Ugushyingo 2017 nibwo Anitha Pendo yayoboye igitaramo cyo gusoza Tour du Rwanda, igitaramo cya mbere yari ayoboye nyuma yo kwibaruka

Ubwo yari ayoboye iki gitaramo Anitha Pendo yabwiye Inyarwanda.com ko yishimiye kongera kuyobora igitaramo nyuma y’igihe kinini amaze adakora cyane ko yarari mu kiruhuko nyuma yo kubyara. Anitha Pendo ugaragaza umubyibuho yabwiye Inyarwanda.com ko atabyibushye cyane ko muri iki gihe yiyongereyeho ibiro bitanu byonyine

anithaAnitha Pendo mu gitaramo cya mbere yayoboye nyuma yo kuva mu kiruhuko

Anitha Pendo yabwiye Inyarwanda.com ko yari akumbuye gutaramira abakunzi ba muzika ariko nanone ngo akumbuye n’abafana be bo kuri radiyo na televiziyo aha akaba yahise atangaza ko agomba gutangira akazi kuri RBA tariki 4 Ukuboza 2017 mu biganiro n'ubundi yari asanzwe akora.

REBA HANO UKO ANITHA PENDO YITWAYE MU GITARAMO CYE CYA MBERE


 


Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...