Mu mpera z’icyumweru turangije umuhanzikazi Jody Phibi yakoreye igitaramo mu mujyi wa Kampala muri Uganda, igitaramo yakoze afatanyije na Rabadaba cyo gususrutsa abakunzi be cyane ko uyu muhanzikazi ari umwe mu bafite abafana benshi muri iki gihugu nyuma y’indirimbo ye ‘Body’ yakunzwe cyane.
Iki gitaramo cya Jody cyaritabiriwe cyane ndetse n'abahanzi nka Radio na Weasel ibyamamare muri Uganda barakitabira kabone ko bari bafite ikindi cyabo cyo kwizihiza imyaka icumi iri tsinda rimaze rikora muzika. Jody yakoreye igitaramo muri Uganda ahitwa Cayenne ku wa Gatanu tariki 3 Ugushyingo 2017.
REBA HANO AMAFOTO YARANZE IKI GITARAMO:
Abafana bari bishimiye kubona Jody PhibiRadio na Weasel bari mu bitabiriye iki gitaramoJody Phibi mu gitaramo i BugandeJody Phibi na Rabadaba mu gitaramo
TANGA IGITECYEREZO