RFL
Kigali

Radio na Weasel bitabiriye igitaramo cya Jody Phibi i Kampala–AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:8/11/2017 8:43
1


Mu mpera z’icyumweru turangije umuhanzikazi Jody Phibi yakoreye igitaramo mu mujyi wa Kampala muri Uganda, igitaramo yakoze afatanyije na Rabadaba cyo gususrutsa abakunzi be cyane ko uyu muhanzikazi ari umwe mu bafite abafana benshi muri iki gihugu nyuma y’indirimbo ye ‘Body’ yakunzwe cyane.



Iki gitaramo cya Jody cyaritabiriwe cyane ndetse n'abahanzi nka Radio na Weasel ibyamamare muri Uganda barakitabira kabone ko bari bafite ikindi cyabo cyo kwizihiza imyaka icumi iri tsinda rimaze rikora muzika. Jody yakoreye igitaramo muri Uganda ahitwa Cayenne ku wa Gatanu tariki 3 Ugushyingo 2017.

REBA HANO AMAFOTO YARANZE IKI GITARAMO:

 jodyjodyjoddyjodyAbafana bari bishimiye kubona Jody PhibijodyRadio na Weasel bari mu bitabiriye iki gitaramojodyjodyJody Phibi mu gitaramo i BugandejodyjodyJody Phibi na Rabadaba mu gitaramo






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Kali6 years ago
    Dore inama natanga kuri uyu mukobwa ndetse nababandi babiri bafite group imwe nuko bakwigira ibugande kuko rwose niho bimakaje imbyino zabo naho hano nibicamo. Imyitwarire yabo ndetse nimyifatire yabo nago isa niya kinyarwanda.





Inyarwanda BACKGROUND