Ubwo yahagurukaga mu Rwanda Uwase Housnat yari aherekejwe n’inshuti ze kimwe na bamwe mu bo mu muryango we bamugejeje i Kanombe ku kibuga cy’indege. Aha yabasezeyo yerekeza muri Biélarussie aho umugabo we amaze amezi agera 3 kuko we yagiye muri Nyakanga 2017, nyuma y'amezi make bakoze ubukwe.
REBA HANO AMAFOTO UBWO UWASE HOUSNAT YARI AGIYE:
Amarira yari menshi ubwo basezeraga kuri uyu mufasha wa Patrick
Eric Rutanga yari yagiye guherekeza umufasha w'inshuti ye Sibomana Patrick
Abo mu muryango wa Uwase bari bamuherekejeBafataga agafoto k'urwibutso