Muri iyi minsi Mr. Kagame ni umwe mu bahanzi bari gukora cyane umugambi we ni ugufata imitima y’abakunzi ba muzika mu Rwanda, kuri ubu uyu musore yamaze gushyira hanze indirimbo nshya ahuriyeho na Danny Vumbi bise ‘ifoto’.
Iyi ndirimbo nshya ya Mr. Kagame na Danny Vumbi ‘ifoto’ niyo ya mbere aba bombi bakoranye, ikaba indirimbo bo ubwabo batangaza ko barangije kuyifatira amashusho ndetse mu minsi ya vuba araba yamaze kugera hanze. Iyi ndirimbo nshya ya Mr. Kagame na Danny Vumbi yakorewe muri Touch Record hamwe na producer Evydecks.
UMVA HANO IYI NDIRIMBO NSHYA YA MR KAGAME NA DANNY VUMBI ‘IFOTO’
TANGA IGITECYEREZO