RFL
Kigali

Nizzo wahishuye ko afite umukunzi mushya yatunguwe n’amafoto yashyizwe hanze asomana n’indi nkumi–AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:3/10/2017 18:00
17


Mu ntangiriro z’iki cyumweru twatangiye ku mbuga nkoranyambaga hari kuzenguruka amafoto atandukanye agaragaza uyu muhanzi wo mu itsinda rya Urban Boys asomana n’indi nkumi byatumye ahita yerura ko afite umukunzi mushya ndetse atangaza nawe akibaza ikihishe inyuma y’ikwirakwizwa ry’aya mafoto.



Uyu muhanzi wo mu itsinda rya Urban Boys yatangarije aya makuru Inyarwanda ubwo yari abajijwe ku mafoto yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga z’uyu mukobwa yagaragazaga Nizzo ari mu birori n’uyu mukobwa basomana, batamikana keke, bakatana gateau, ibi byatumye Nizzo ava imuzi iby’aya mafoto.

Nizzo

Iyi nkumi izwi nka Bijou ni yo yifotozanyije na Nizzo

Nizzo yagize ati” Njyewe rero nagiye mu isabukuru y'uriya mukobwa nk’umuntu tuziranye, ni inshuti yanjye isanzwe ubwo yajyaga gukata umutsima (gateau) yahamagaye abantu bose bari aho bakajya bakatana, angezeho nanga kwanga naragiye nkuko n'abandi byagendaga bakatanaga umutsima akabatamika ubundi akabashimira abasoma nanjye rero ni ko byagenze rero nanze kubyanga kandi ari inshuti yanjye sinumvaga ko yashyira hanze amafoto kandi azi neza ko ntakindi duhuriyeho.”

NizzoByatangiye bakatana umutsima

Nizzo uvuga ko usibye kuba uyu mukobwa asanzwe ari inshuti ye ikindi cyatumye ibi bikorwa bikanagerwaho ari uko byabaye bamaze gufata agacupa bityo aha akaba ari naho yahereye atangaza ko byababaje bikomeye umukunzi we mushya. Aganira na Inyarwanda.com yagize ati”Byababaje umugore wanjye gusa namusabye imbabazi mumenyesha ko uriya mukobwa ntakindi kiduhuza usibye kuba yarantumiye ku isabukuru y’amavuko ye.”

Nizzo

Batamikanye umutsima

Nizzo kandi ntatinya guhamya ko ibi byakoranywe ubugome cyane ko aya mafoto yagiye hanze aturutse ku kuba uyu mukobwa uzwi ku izina rya Bijou ari we wayashyize ku mbuga nkoranyambaga. Ibi bituma Nizzo yibaza impamvu mu bantu bari aho uyu mukobwa ari we yahisemo gushyira hanze agashyiraho n’udutima, akaba ari naho Nizzo ahera avuga ko uyu ari umugambi wari wapanzwe kandi hari ikibyihishe inyuma.

Nizzo

Nizzo hano yasomanaga na Bijou

Nizzo nta minota na mike muvugana atakubwiye ko ibi byamuteranyije n’umukunzi we mushya anita umugore we, gusa yongeye kubwira umunyamakuru ko yasabye imbabazi umukunzi we kuri ibi byabaye. Abajijwe uyu mukunzi we Nizzo yemereye Inyarwanda ko mu minsi iri imbere azamutangaza nyuma yuko bemeranyije ko bagiye kubitangaza.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 6 years ago
    Nizo gout zawe nyine twazibonye
  • martin nshuti yimana6 years ago
    reka mbabwize ukuri pee!nizzo sumuntu wumugabo ntanubwo ashinzwe kumenya ubwiza bwumugore wabandi cyaneko mubigaragara ntacyo afite,ubuse uyu bazamarana igihe kingana gute?, aha ntacyo afite... ahubwo nibareke safi numwana yahisemo bakomezwe namagambo yabo..
  • kalisa nany6 years ago
    ariko aba bahungu ba urban boys bapfana iki no gukunda indaya koko!iyo yitwa bijoux niyahano kpla izanakwica ntusambe neza neza
  • umutoni linda6 years ago
    ooooh dabijou ya ndaya ya dubai niyo nizo agezeho se mwimbeshya!!! arareka abana bazima nkaba yvette ukajya kuri maketa koko
  • muligo bob6 years ago
    dabijou yageze ikigali noneho kigali irashize irahiye!iyi ndaya ya dubai na kampala nta mikino igira kandi umuhungu wese yiyemeje ishyirwa aruko imubonye uganda bamaze kuyirambirwa none ije mu Rwanda
  • 6 years ago
    ariko abasitari muransetsa koko ubu muba mwarabuze abana bazima koko ibyo bikobwa byi bibeshu muba mushakamo cash harya??nyumvira nkuriya parfine wasaze none dore na nizzo aradutuburiye
  • salomon6 years ago
    iyi ndaya ifite akabari kampala ndayizi ireshya ni cupa rya guiness
  • niyonkuru fiacre6 years ago
    Umusaza arabeshya Ngo nabandi bajyiye bakataho kd gateau amafoto agaragazako ikiriyose
  • xvxvx6 years ago
    ese aba basore ko bigize indaya turabakizwa n'iki??
  • austin6 years ago
    uwaraje avugeko wamuteyinda, yewe ibya urban boys ni byendagusetsa
  • karangwa6 years ago
    ihangane musore erega muri iyi Minsk inkumi zasariye aba Stars ihangane rero
  • Romeo6 years ago
    njye ndumva mwarekeraho kubavuga nabi kuko ntibibareba
  • 6 years ago
    njye ndumva mwareka kubavuga nabi kuko ntibibareba
  • patric6 years ago
    ariko aba batipe ba urban boys bijandika mubakobwa na ba mama kuburyo bukabije kandi ntibarobanura ube umupfu ube muzima nacyo bibabwiye gusa baramenye batazatubwira ngo tubakorere fandaraizingo ngo babandikiye imiti ihenze abakobwa bo muri Uganda ndabazi
  • John Snow 6 years ago
    iyo ingende igiye gupfa ibiti byose biranyerera ! uryo nurwurupfu rwawe nizzo wee, utangiye kubeshya ngo yakatanye gateau na burimumntu wese waruria aho, ntanisoni urunva turabana sha ? nonese ibyo gusomana kumunwa nabyo ???? yasomanye na buriwese waruri aho ?? urupfu rwawe rurageze rero, azakumira bunguri. Dabijou uzamubaze hano hanze hose baramuzi. indaya hatari
  • Savio6 years ago
    Arko namwe ntimugakabirize ibintu,kuba Nizzo avugako byamuteranyije,njye ndumv ari kwa gufuha gusanzwe,naho nkurikije uko nabibony iriya ni simple kiss kbsa,kdi ku bantu baziranye,nta birenze mbona bakoze,byatuma Nizzo yitwa indaya kbsa
  • ISHIMWE Elia6 years ago
    Mwaretse gusebya izina ryanyu kombakunda kok.





Inyarwanda BACKGROUND