Perezida Paul Kagame uri mu karere ka Rubavu mu kiruhuko,ubwo abaturage bamubonaga atwaye igare, bamwishimiye cyane bagenda berekeza aho ari, na we arabegera arabaramutsa. Muri iki kiruhuko Perezida Kagame arimo i Rubavu kuva kuri uyu wa Gatatu, bivugwa ko yanabashije gusura ingagi zo mu Birunga.
REBA AMAFOTO UBWO PEREZIDA KAGAME YARI ATWAYE IGARE
Perezida Kagame yavuye ku igare asuhuza abaturage
AMAFOTO: Social Media