RFL
Kigali

Umuhanzi The Son aranenga abahanzi batamamaza ibikorerwa mu Rwanda binyuze mu ndirimbo bakora–VIDEO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:5/09/2017 9:55
0


Muri iyi minsi hari gukorwa itorero ry’abahanzi aho batozwa kuba abahanzi babereye u Rwanda, icyakora banahabwa imikoro n'ubwo bidakurikizwa iyo barivuyemo, ibi byanakomojweho n’umuhanzi The Son unenga abahanzi kuba badakunze kwamamaza ibikorerwa mu Rwanda mu ndirimbo zabo.



The Son yanenze abahanzi benshi ari nako abakangurira kurebera ku ndirimbo ye nshya bakagerageza kwamamaza ibikorerwa mu Rwanda.Ibi yabikoreye mu ndirimbo ye nshya yise ‘Mu mutima wawe’ igaragaramo amashusho yafatiwe ahantu hari ibikorerwa mu Rwanda birimo imitako, imyenda n'ibindi. 

Amashusho y’iyi ndirimbo nshya The Son yafashwe anatunganywa na Fayzo, umwe mu basore batangiye cyera gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi banyuranye.

REBA HANO AMASHUSHO Y'IYI NDIRIMBO 'MUMUTIMA WAWE'






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND