RFL
Kigali

Kurikira ibice bishya kuva ku gice cya 7 kugeza ku gice cya 12 by'ikinamico y'uruhererekane 'UMURAGE'

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:2/08/2017 15:22
0


Nkuko twabasezeranyije ko Inyarwanda tuzajya tubagezaho ibice bishya by'ikinamico y'uruhererekane 'Umurage', kuri ubu tubazaniye ibice bishya 6 kuva ku gice cya 7 kugeza ku gice cya 12.



Ikinamico ‘Umurage’ irimo ubutumwa bujyanye no kwigisha umuryango nyarwanda kuboneza urubyaro, kurengera uburenganzira bw’abana, guhangana n’imirire mibi no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina.

Muri iyi nkuru, Inyarwanda.com tugiye kubagezaho ibice bishya bitandatu by'iyi kinamico 'Umurage' aho igice kimwe gifite iminota 15. Kuri ubu bice byose bushobora kubirebera kuri Youtube munyuze kuri Channel yacu ya Inyarwanda Tv. Tubibutse ko iyi kinamico yatangijwe na UmC ku bufatanye na Leta y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’ubuzima,UNICEF na Population Media Centre (PMC).

UMVA HANO IGICE CYA 7 CY'IKINAMICO 'UMURAGE'

UMVA HANO IGICE CYA 8 CY'IKINAMICO 'UMURAGE'

UMVA HANO IGICE CYA 9 CY'IKINAMICO 'UMURAGE'

UMVA HANO IGICE CYA 10 CY'IKINAMICO 'UMURAGE'

UMVA HANO IGICE CYA 11 CY'IKINAMICO 'UMURAGE'

UMVA HANO IGICE CYA 12 CY'IKINAMICO 'UMURAGE'






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND