RFL
Kigali

Cyiza Kakao yashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Akanjye’ yatuye abantu bose bakundana-VIDEO

Yanditswe na: Editor
Taliki:1/08/2017 6:02
1


Cyiza Kakao yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo y'urukundo yise ‘Akanjye’. Uyu musore yabwiye Inyarwanda ko iyi ndirimbo ye ayituye abantu bose bakundana ndetse n’abakunzi b’umuziki we.



Cyiza Kako yagize ati: "Iyi ndirimbo yakozwe na Nicolas, ni zouk style, ubutumwa burimo ni urukundo mba nsobanura amarangamutima ariko mbinyujije mu yindi nganzo, mbwira umuntu ko ibye byose ari ibyanjye, ariko nkavuga nti “Akanjye ni ko kawe. Ni Indirimbo ntuye abakundana nkayitura kandi abakunda muzika yanjye." 

REBA HANO 'AKANJYE' YA CYIZA KAKAO

              






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • mary6 years ago
    Wow!nice song!keep it up





Inyarwanda BACKGROUND