Cyiza Kakao yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo y'urukundo yise ‘Akanjye’. Uyu musore yabwiye Inyarwanda ko iyi ndirimbo ye ayituye abantu bose bakundana ndetse n’abakunzi b’umuziki we.
Cyiza Kako yagize ati: "Iyi ndirimbo yakozwe na Nicolas, ni zouk style, ubutumwa burimo ni urukundo mba nsobanura amarangamutima ariko mbinyujije mu yindi nganzo, mbwira umuntu ko ibye byose ari ibyanjye, ariko nkavuga nti “Akanjye ni ko kawe. Ni Indirimbo ntuye abakundana nkayitura kandi abakunda muzika yanjye."
REBA HANO 'AKANJYE' YA CYIZA KAKAO
TANGA IGITECYEREZO