Nkuko byari biteganijwe kuri uyu wa kane tariki 20 Nyakanga 2017 Perezida Paul Kagame yari kwiyamamariza kuri stade ya Kigali i Nyamirambo,mu masaha ya saa siye ni bwo Inyarwanda.com yahatembereye ngo ibereke uko abahatuye biteguye iki gikorwa.

Zimwe mu modoka ziri kwifashishwa kujyana abantu kuri stade ya Kigali

Abantu ni benshi


Aha ni mu biryogo ku musigiti w'ahazwi nko kuri ONATRACOM,umuryango w'abasiramu mu Rwanda wari wabukereye














Aba ni abakozi ba banki ariko kwihangana byanze basohoka hanze kwirebera ibirori




Amafoto:Lewis IHORINDEBA-INYARWANDA.COM
