RFL
Kigali

AMAFOTO: Diamond yakiriye Rayvanny ku kibuga cy’indege acungiwe umutekano mu buryo bukomeye

Yanditswe na: Editor
Taliki:30/06/2017 0:05
1


Diamond Platinumz yari akikijwe n’abapolisi benshi ubwo yerekezaga ku kibuga cy’indege cya DSM aho yari agiye kwakira Rayvanny wari umaze kwegukana Igihembo muri BET Awards 2017.



Nyuma y’uko umuhanzi Rayvanny ukorera indirimbo ze muri Wasafi,inzu itunganya umuziki yo muri Tanzaniya avuye muri Amerika muri BET Awards, Diamond nk’umuyobozi wa Wasafi yagiye kwakira umuhanzi wari umaze kubahesha ishema agatsindira igihembo mu cyiciro cya 'Viewer's Choice Best', gusa mu nzira Diamond yari ashagawe n’abapolisi benshi bagenda bakumira abaturage bazaga basatira Diamond bamufotora amafoto y’urudaca.

Image result for RAYVANNY BET AWARDS

Rayvanny nyuma yo guhabwa BET AWARDS 2017

REBA AMAFOTO:

Photo: Millardayo

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • aline6 years ago
    aliko nyina ntajyamuva iruhande???? agendavuga ati nijye wabyaye peeeee





Inyarwanda BACKGROUND