RFL
Kigali

Olivier Roy yashyize hanze indirimbo nshya ‘Igitonyanga’ yibutsa abantu agaciro k’amaraso ya Yesu-YUMVE

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:25/05/2017 14:18
0


Umuhanzi Olivier Roy akaba n’umunyamakuru kuri Radio Authentic yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Igitonyanga’ ikubiyemo ubutumwa bwibutsa abantu agaciro k’amaraso ya Yesu nk’uko Olivier Roy yabitangarije Inyarwanda.com.



Indirimbo ‘Igitonyanga’ yakorewe muri Studio Hear Record. Olivier Roy ashyize hanze iyi ndirimbo nyuma y’iminsi micye ashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Ni iyo ibikora’ yasubiranyemo na Phanny Wibabara. Muri iyi ndirimbo ‘Igitonyanga’ humvikanamo aya magambo:

Ndakubona aho ubambwe ku musaraba, amarira atemba mu maso yawe, wa muroba agutera icumu mu rubavu maze igitinyanga cy’amaraso yawe kirasesekara. Aho ni ho naboneye umugingo bw’iteka. Cya gitonyanga cy’amaraso yawe Yesu ni cyo cyatumye njyewe ubwanjye mbaho iteka ryose,..Naracunguwe. Amaraso ya Yesu ni yo yankijije nari uwo gupfa maze uraza urancungura. (..).

Image result for Olivier Roy umuhanzi

Umuhanzi Olivier Roy

UMVA HANO 'IGITONYANGA' YA OLIVIER ROY







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND