Mu gihugu cya Ghana hamaze igihe hacaracara amakuru avuga ko umukobwa witwa Miss Sandra yasambanye n’abagabo ibihumbi bitanu (5,000), barimo Abadepite, Abakozi ba Leta batandukanye n’Abahanzi.
Uyu mukobwa ubu wasezeye akazi ko kwicuruza, yatangiye
kuryamana n’abagabo afite imyaka 8 nyuma yo kuba imfubyi. Yahishuye ko
yakoresha imiti ikurura abantu bamwe bita ”Maji-Magic” cyangwa “Inzaratsi”. Yahoze akora mu kabyiniro (Club) aho yari ifite
abakire bakundaga kuryamana na we kugira ngo abone amafaranga
amutunga.
Miss Sandra, yari afite imbaraga zidasanzwe zatumaga
yigarurira abagabo kandi adafite
uburanga buhebuje. Yisigaga uburozi bwe mu maso akabikora nk’uwitera
ibirungo by’ubwiza (Face Make Up)
akanasiga iminwa (Lipstick) uwamubonaga wese yahitaga amwifuza ko yaryamana nawe.
Sandra, ntabwo ari we wenyine wakoraga ubu buryo. Ashimangira ko yari afite itsinda ry’abagore n’abakobwa bakoranaga bagashyira inzaratsi cyangwa
uburozi ahantu hatandukanye, ku maso, iminwa, kwambara impeta n’ibindi.
Miss Sandra yaje kureka kwicuruza
Yagize ati: “Mfite igiterane cy'abagore nakundaga gukorana nabo,
twakoreshaga uburozi tukabushyira hagati y’amaguru cyangwa ahandi hantu mu
ngingo zitandukanye, umugabo turyamanye akaguma kutwifuza iteka”.
SRC: Maravipost,atinkanews
TANGA IGITECYEREZO