RFL
Kigali

Ubuhamya: Miss Sandra yisigaga ibirungo byo mu maso no ku munwa byuzuyemo uburozi bukurura abagabo! Yaryamanye n’abagera ku 5,000

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:4/11/2020 17:37
2


Mu gihugu cya Ghana hamaze igihe hacaracara amakuru avuga ko umukobwa witwa Miss Sandra yasambanye n’abagabo ibihumbi bitanu (5,000), barimo Abadepite, Abakozi ba Leta batandukanye n’Abahanzi.



Uyu mukobwa ubu wasezeye akazi ko kwicuruza, yatangiye kuryamana n’abagabo afite imyaka 8 nyuma yo kuba imfubyi. Yahishuye ko yakoresha imiti ikurura abantu bamwe bita ”Maji-Magic” cyangwa “Inzaratsi”. Yahoze akora mu kabyiniro (Club) aho yari ifite abakire bakundaga kuryamana na we kugira ngo abone amafaranga amutunga.

Queen Sandra

Miss Sandra, yari afite imbaraga zidasanzwe zatumaga yigarurira abagabo kandi adafite uburanga buhebuje. Yisigaga uburozi bwe mu maso akabikora nk’uwitera ibirungo by’ubwiza (Face Make Up) akanasiga iminwa (Lipstick) uwamubonaga wese yahitaga amwifuza ko yaryamana nawe.

Sandra, ntabwo ari we wenyine wakoraga ubu buryo. Ashimangira ko yari afite itsinda ry’abagore n’abakobwa bakoranaga bagashyira inzaratsi cyangwa uburozi ahantu hatandukanye, ku maso, iminwa, kwambara impeta n’ibindi.

VIDEO) Former Slay Queen Narrates How She Slept With 5000 Men, How Slay  Queens Use Black Magic On Rich Men And More.. » GhBase•com™

Miss Sandra yaje kureka kwicuruza

Yagize ati: “Mfite igiterane cy'abagore nakundaga gukorana nabo, twakoreshaga uburozi tukabushyira hagati y’amaguru cyangwa ahandi hantu mu ngingo zitandukanye, umugabo turyamanye akaguma kutwifuza iteka”.

SRC: Maravipost,atinkanews






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Twagira3 years ago
    Uko muntu nkuwo aba shaka kusenjerwa
  • Tumukunde sifa diane3 years ago
    Nukuri pe yafashe umwanzuro ukomeye kureka uwo mwuga ariko yegere nabo bandi bakoranaga abagire inama nabo babireke kuko ako ntago arakazi pe





Inyarwanda BACKGROUND