Umaze igihe wumva abantu bibaza ku njyana ya Afro Gako mu Rwanda aho bamwe bavuga ko ari iya Country Records, abandi bakavuga ko ari iya Element Eleeeh wigeze no kumvikana avuga ko nta murishyo wayo arashyira ku isoko.
Nana Nadiya uri mu batanga icyizere mu muziki akaba anamaze kugwiza ibigwi mu myidagaduro nk’umunyamideli unifashishwa mu mashusho y’indirimbo akanaba n’umubyinnyi yavuze ku kibazo abantu benshi bahora bibaza ku bye na Dumba.
Rurangiranwa muri filimi Arnold Schwarzenegger yavuze ko we na Sylvester Stallone (Rambo), bahanganaga umwe ku wundi kuva mu kinyejana cya 80 ndetse n'icya 90.