Buri muhanzi agira uko akora ibintu bye bituma agwiza ibigwi mu byo akora ariko hari abo usanga baramaze kwemeza rubanda ko ibyo bakora ari nta makemwa ndetse ugasanga na bagenzi babo babizera ku buryo babitabaza mu ndirimbo bakora.
Nyuma y'uko aje muri Uganda mu mwaka wa 2018 ari kumwe n'uwahoze ari umugore we Kim Kardashian, Kanye West yatangaje ko agiye gukorera igitaramo muri Egypt mu rwego rwo kumenyekanisha album ye "Vulture".