RFL
Kigali

Cyamunara: Hagiye kugurishwa inzu iri muri Gasabo ifite agaciro kangana na Miliyoni 51 Frw

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:8/10/2020 7:43
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’Umwanditsi Mukuru cyo kugurisha ingwate Ref.No: 020-055179 cyo ku wa 01/09/2020, kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki:



Hashingiwe ku mabwiriza y’Umwanditsi Mukuru N°001/2020/ORG yo ku wa 12/05/2020 agenga ibyerekeye gucunga, gukodesha, kugurisha mu cyamunara no kwegukana ingwate;

Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko ku wa gatatu, tariki 14/10/2020 i saa munani z’amanywa (14h00’) azagurisha mu cyamunara inzu iri mu kibanza gifite UPI : 1/02/05/03/4082, ubuso bungana na 343m2, agaciro kangana na 51,121,000 Frw giherereye mu Mudugudu wa TETERO, Akagari ka KABUYE, Umurenge wa JABANA, Akarere ka GASABO, Umujyi wa KIGALI ;

Gupiganwa mu buryo bw’ikoranabuhanga bizatangira tariki ya 08/10/2020 saa tatu (09h00’), birangire tariki ya14/10/2020 saa mbiri (08h00’).

Abifuza gusura iyo nzu ni uguhera taliki ya 08/10/2020 kugeza tariki 13/10/2020 mu masaha y’akazi, ingwate y’ipiganwa ikaba ingana na 2,556,050Frw yishyurwa kuri Konti N°00040-06965754-29 ifunguye muri Banki ya Kigali yanditse kuri MINIJUST-AUCTION FUNDS ya Minisiteri y’ubutabera;

Abakeneye ibindi bisobanuro babariza kuri telefoni igendanwa: 0788 43 72 21.

Ifoto n’igenagaciro byawo biboneka hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga ryo kurangiza inyandikompesha unyuze ku rubuga www.cyamunara.gov.rw

Bikorewe i Kigali, ku wa 07/10/2020

Ushinzwe Kugurisha Ingwate

MUNYANTARAMA Sadiki


Itangazo rya cyamunara 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND