RFL
Kigali

Ibibazo 4 ukwiye kubaza umukobwa wakunze niba ushaka kumwiyegereza

Yanditswe na: Clementine Uwiringiyimana
Taliki:3/09/2020 10:09
22


Hari igihe umuhungu abona umukobwa akumva amwiyumvisemo bikaba ngombwa ko ashaka uburyo bwo kumwegera.



Bisaba rero ko hari ibibazo umubaza bikurura amarangamutima ye ariko ukirinda ko biba ibibazo bidahwitse kuko byatuma agusuzugura.

Urugero rw’ikibazo kidahwitse wabaza umukobwa akagusuzugura ni nko kumubaza ngo ‘uwo musatsi ni uwawe?’, ‘Ese urukundo wamazemo igihe kirekire ni urwigihe kingana iki?’, ‘Ese wambwiye ko witwa nde?’

Kubaza umukobwa utubazo nk’utu bituma yumva ko utamuhaye agaciro akaba yatangira kukugendera kure nyamara wowe ushaka ko akwegera.

Hari rero ibibazo bya ngombwa wabaza umukobwa ushaka ko mutangiza ikiganiro bigatuma akwiyumvamo agatangira kukwegera.

 

1. Ukunda iki mu kwishimisha? Bituma yumva ko ushobora kuba wamufasha mu kwishima.

2. Haba hari ikintu wigeze gukunda ukagitakaza? Ugikeneyemo ubufasha? Ibi bituma yumva ko utewe ishema no kumufasha kongera kugarura ibyishimo.

3. Inshuti zawe n’umuryango wawe bamerewe bate? Yumva ko umwitayeho ndetse ukeneye no kumenya ubuzima bw’abo akunda bari hafi ye bigatuma afunguka akakwiyumvamo

 

4. Usa nk’umuntu ufite inzozi, ni iki kigutera akanyabugabo? Ibi bituma akwiyumvamo akabona ko wamubonye nk’umunyembaraga, umunyamuhate mbese umuntu w’umumaro.

 

Hari rero n’ibindi bibazo byinshi wabaza umukobwa ushaka kumwegera ngo muganire ariko burya ibanga muri byo ni ukumubaza ibibazo bituma yivugaho ubwe.

Niba ushaka gutuma umukobwa akwegera, mubaze ibibazo bituma yumva yisanzuye ku buryo muganira bigashyira kera ukavangamo n’udukino. Mubere inyangamugayo kuva muhuye, nakubaza ikibazo umusubize udaciye ku ruhande. Uzabona aho uhera umugira inshuti isanzwe, bidatinze unamubwire akakuri ku mutima.

Src: ghclues.com

  





TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • UWIMANIMPAYE PAPIAS1 year ago
    UKOMBIBONA ABAKOBWA NTARUKUNDO AHUBWOBAKURIKIRA IFARANGA KUBASORE PEE!!
  • Niyoyatuzigamye josias1 year ago
    Amajambo wobwira umukobwa kugira ahite akwiyumvamwo
  • Jacques1 year ago
    Nonese kugira umukobwa atangire kukwanga biterwa niki?
  • Manzi shaka1 year ago
    Amagambo wabwira umukobwa agahitayemerako mukundana
  • Manzi shaka1 year ago
    Amagambo wabwira umukobwa agahitayemerako mukundana
  • butoyi1 year ago
    NDIYUNVAMWO
  • Eric Mudahangarwa1 year ago
    Oya reka¿ nivyo? *
  • Prince alphonce1 year ago
    Nigute watereta umukobwa ariho bwambere?
  • jean de Dieu kezimana1 year ago
    Ivyo umubaza vyos umtima we utagushmye ntac ahindura. Niki wakora kugira agukund atagushaka?
  • TUMUSIFU1 year ago
    natwebwe abahungu biratugirira ingarukambi bishitse tugatera inda turafugwa
  • Maombi isaac11 months ago
    Nibyogusabisabwa narinziyuko hasa bwabyishi nahonibyo nabimenye murakoze
  • UWIRINGIYIMANA Theogene10 months ago
    nibyo rwose
  • KWIZERA STEVEN10 months ago
    KBX
  • ntahomvukiye james9 months ago
    murakoze bandanya mutwigisha
  • Ndayambaje faustin6 months ago
    Ese wabwirwa niki ko umukobwa akwiyumvamo kuburyo byagutera imbaraga zo kumuvugisha Murakoze
  • Solide 4 months ago
    Mugra neza cne kudg ivyirwa bibasha kudufasha mubuzima busanzw bw urukundo.mwubahwe
  • Gy Gaüs 3 months ago
    None umenya gute ko umukobwa yagujunzey
  • erifaz3 months ago
    imitom
  • A2 months ago
    A
  • furaha malawi2 months ago
    izo nyishu nizo kweri





Inyarwanda BACKGROUND