RFL
Kigali

Ntibisanzwe: Ubukwe bwabo bwabereye hasi mu nyanja kugira ngo bagire itandukaniro n’abandi bose-AMAFOTO

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:29/08/2020 14:07
0


Ubusanzwe buri muntu wese wifuza gukora ubukwe aba ashaka ko butandukana n’ubwo yigeze kubona, mbese bukaba bwiza cyane kuruta ubundi bwose bwabayeho, iyi mpamvu rero yatumye abageni bahitamo gukorera ubukwe bwabo hasi mu nyanja.



Iyi si dutuye yuzuyemo ibintu bidasanzwe, rimwe na rimwe birenze ubwenge bw’abantu, abakunda gukoresha imbuga nkoranyambaga batunguwe no kubona ibintu bitigeze bibaho ku Isi aho babonye amafoto y’abashakanye bahisemo gukorera ibirori byabo by'ubukwe hasi mu nyanja kugira ngo ubukwe bwabo butandukane n’ubundi bwigeze kubaho

Birashoboka ko nawe utarabyemera, irebere amafoto:





Src: browngh.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND