RFL
Kigali

Australia: Yashyize Camera iwe mu rugo atungurwa no gufata umugore we aryamanye n’umuhungu we

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:12/03/2020 11:35
0


Umugabo yaguze camera yifuza ko izajya imufasha gucunga umutekano w’urugo rwe neza aza gutungurwa no kubona amashusho y’umugore we aryamanye n’umuhungu we,



Uyu mugabo yari yaguze camera izwi nka“Ghost Hunt Cameras izajya imufasha gufata abajura n’abandi bagizi ba nabi ariko ibyo yabonye byamuteye ikiniga abura ijambo avuga uwo mwanya 

Edmund Bergler,umuhanga cyane mu bijyanye n’imitekerereze ya muntu ndetse akaba umwanditsi w’ibitabo 25 bijyanye n’imitekerereze y’umuntu asobanura ko umugore adashobora gushamadukira undi mugabo kuko yumva abyifuza gusa, oya ibyo ntibishoboka ahubwo ngo iyo umugabo we adahaza kwifuza kwe mu gikorwa cy’abashakanye nibyo bishobora kumusunikira kujya gushaka icyo yaburiye ku mugabo we

Ikindi Edmund avuga gishobora gutuma umugore aca inyuma umugabo we ni ukwihorera mu gihe umugabo we yaba yaramuhemukiye bityo umugore akabikora ashaka kubabaza umugabo we gusa

Src: Passeport santé

  





TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND