RFL
Kigali

Ingaruka mbi zo kuryamira

Yanditswe na: Kwizera jean de Dieu
Taliki:1/12/2019 17:52
1


Iyo bigeze mu kuryama, ushobora kubifata nk'ibyiza ndetse ugatekereza ko nta n'ingaruko bigira ku buzima.Yego ni byiza ko kuryama neza bigira ingaruka nziza ku buzima bwacu ariko nanone kuryamira ni bibi kandi cyane by'umwihariko ku buzima bwacu.



Uku kuryamira gutera indwara zikomeye zirimo Diabete indwara y'umutima ndetse bikongera n'ibibazo byinshi kubuzima.

Ubushakashatsi bwagaragaje ko indwara yo kwigunga no kwiyumva nkudakunzwe biri mubintu bikomeye biterwa no kuryamira cyane.Ibi uko ari bibiri nibyo byagaragajwe nk'ingaruka zo kuryamira kubuzima bwacu.

KURYAMIRA , TWIBAZE UTI" ESE KURYAMIRA BIPIMWAGUTE?

Ingano yo kuryama ukeneye bibarya n'inshuro wifuza kuryama umunsi wose.Ikindi kandi bigaterwa n'imyaka ufite ndetse n'akamenyero kumubiri wawe kaburi munsi.Dufashe nk'urugero mugihe cy'umunaniro cyangwa uburwayi uzumva ukeneye kuryama.Mubyukuri ushobora kuryama amasaha umunane cyangwa icyenda mu ijoro nk'uko byemejwe n'abaganga.

KUKI ABANTU BAKUNDA KURYAMIRA?

Kubantu barwara indwara ya Hypersomnia,kuryamira nicyo kibaranga.Ikintu gitera abantu kuryamira nuko usanga ubwabo baba bishyizemo ko bararyama amasaha menshi mu ijoro bikagera no mubwonko.Gucika intege kwawamuntu urwaye Hypermonia, ibi bintu bitera gucika intege bikurizamo gusinzira.

SRC: Webmd.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Meekserge4 years ago
    Igitekerezo cyanjy ndikwibaz ukuntu nko mu rubyiruko baryama natinze cyane arko banabyuka natinze ,,kndi ugasanga baray mu birori bamwe bafashe ibiyobyabwenge,,πŸΊπŸŒšπŸ€’,,abandi baraye mu by'ikoranabuhanga,,mbeg abo ingaruka zizaba zimwe,,cyangw c mu byumva mute.,ubwo ni cyane cyane ku rubyiruko,,πŸ€”πŸ€”πŸ€”πŸ€”πŸ€”.murakoze!





Inyarwanda BACKGROUND