RFL
Kigali

AMAFOTO: Zari,umugore wa Diamond aravugwaho gukoresha 'mukorogo'

Yanditswe na: Editor
Taliki:24/05/2017 14:30
12


Zari Hassan,umugore wa Diamond aravugwaho gukoresha amavuta ahindura uruhu benshi bakunze kwita mukorogo. Ibi bibaye nyuma yuko hashyizwe hanze amafoto ya kera y’uyu mugore afite isura itandukanye cyane n’iyo abantu bamubonana muri iki gihe.



Zari agenda akora byinshi bitandukanye mu rwego rwo kwirimbisha harimo nko kugabanya ingano y’inda, gukoresha imibavu ihumura y’umugabo we,ariko ikirenze ibi byose ni uko yaje kwitukukuza kuko mbere yiraburaga. Inkuru dukesha Tuko.co.ke uyu mugore yangarije ko kugira ngo umuntu agaragare ku ruhando mpuzamahanga bisaba kwiyitaho,agaca ukubiri no gusa nabi.Yavuze ko harimo kunywa amazi meza asukuye bityo akagaragara neza inyuma.

Zari

Zari atari yataratangira gukoresha amavuta atukuza uruhu

ZariZari

Iyi sura ni yo Zari akesha mukorogo

Inkuru ya Mawazi Fred






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Byumvuhore6 years ago
    Nta mukorogo mbonye aho hariya yari yarakubiswe ubu afite akantu arimo kurya neza akisiga na mavuta meza akantu iyo kabonetse uruhu rusa neza
  • UMUTWARO MUTIKOREYE6 years ago
    ARIKO KUKI MUBABAZWA NUMUTWARO MUTIKOREYE? HARI ABAWISIGA NTUBAFATE. MUMUREKE ABAHE ARACYEYE RWOSE.
  • 6 years ago
    nta nkuru mbonye aho rwose
  • 6 years ago
    Nta mukorogo cash zaraje iyo zijye everything changes
  • 6 years ago
    Nfite aka video ke arimo kwitera dilido
  • aline 6 years ago
    ukunuku munjyendaho. knd nibayisig aramaze.
  • 6 years ago
    YAMAZE AMAFARANGA NAYE
  • coco6 years ago
    Mwaranyobeye koko,umugore yifitiye cash araka,ntagifunguza amavuta amazi,none ngo mukorogo,ninde utazi ko afite inkomoko y abahinde n abasomali byose.Mwakwiye kuba mwandika izindi nkuru zo kumwihanganisha kuk Ise w abana be yitabye Imana mukareka urugambo
  • 6 years ago
    Hahah none nibe nawe yayikoze neza unabibonye umubiri wose urasa simpamya ko yabikoze arko niyo yaba yarabikoze yabikoresheje amavuta meza atamusigura ibibara nk'ibikobwa byubu bifite amabara ya Apr Fc ku mibiri yabo
  • GITI6 years ago
    Hahaha, uyu munyamakuru arasekeje kabisa, ubu se wowe uko wasaga wiga primary niko usa nubu ?! Ikindi mujye mucukumbura mu nkuru zanyu, Zari akomoka kuri se w'umusomaliya na nyina w'umuhindekazi gusa nkuko asa nta gitangaje.
  • Nindagiye Erias6 years ago
    Yabonye Ariyo Mahigwe Ye.
  • yasipi hiromzk2 years ago
    nashaka kwamaza imizik yiwanje dnumustar vyokunda





Inyarwanda BACKGROUND