RFL
Kigali

ITANGAZO RISUBUKURA CYAMUNARA Y'UMUTUNGO UTIMUKANWA

Yanditswe na: ISHIMWE Walter
Taliki:24/05/2023 14:31
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'umwanditsi mukuru cyo kugurisha ingwate REF No 023-040147 cyo kuwa 31/03/2023 kugira ngo hishyurwe umwenda wa banki;



Ushinzwe kugurisha ingwate NTAGISANIMANA Jean Claude aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara hakoreshejwe uburyo bw'ikoranabuhanga umutungo utimukanwa ugizwe n'ubutaka bwubatsemo inzu ubaruye kuri UPI 2/07/12/01/978 uherereye mu mudugudu wa kabungo ,mu kagari ka kinini ,mu murenge wa shyogwe mu karere ka Muhanga mu ntara y' Amajyepfo.

Ipiganwa muburyo bw'ikoranabuhanga ku nshuro ya gatatu ari nayo yanyuma rizatangira kuwa 21/05/2023, saa tanu za mugitondo ( 11h00), rirangire kuwa 28/05/2023 saa tanu za mugitondo (11h00), ninabwo hazatangazwa urutonde rw'abapiganywe n'ibiciro bagiye batanga.

Umutungo ugurishwa ufite: UPI 2/07/12/01/978.

Umutungo ugurishwa ufite ubuso bwa metero kare: 1,734 sqm.

Umutungo ugurishwa ufite agaciro kari ku isoko kangana 8,540,448 frw.

Ingwate y'ipiganwa yawo ni 427,023 frw ihwanye na 5% by'agaciro k'umutungo ugurishwa ashyirwa kuri konti nimero: 000400696574-29 frw yitwa MINIJUST AUCTIO NFUNDS ya minisiteri y'ubutabera iri banki ya Kigali (BK).

Amafaranga azashyirwa kuri konti numero: 00085-07764046-67 iri muri bank de Kigali (BK) mu mazina ya NTAGISANIMANA Jean Claude.

Abifuza gupiganwa bose bagomba kwiyandikisha ku rubuga www.cyamunara.gov.rw kuko ariho ipiganwa rizabera mu buryo bw'ikoranabuhanga mu gihe cyavuzwe haruguru.

Gusura bikorwa ni buri munsi mu masaha y'akazi.

Ifoto n'igenagaciro by'uwo mutungo biboneka hakoreshejwe uburyo bw'ikoranabuhanga ryo kurangiza inyandikompesha: www.cyamunara.gov.rw

Ku bindi bisobanuro mwabariza kuri telefoni zikurikira 0788585150/0780097858.

Bikorewe i Muhanga, kuwa 19/05/2023

NTAGISANIMANA Jean Claude

Ushinzwe kugurisha ingwate







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND