RFL
Kigali

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:12/05/2023 17:31
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’umwanditsi mukuru cyo kugurisha ingwate REF NO 023-040147 cyo ku wa 31/03/2023 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki.



Ushinzwe kugurisha ingwate NTAGISANIMANA Jean Claude aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga Umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatsemo inzu bubaruye kuri UPI 2/07/12/01/978. 

Uherereye mu mudugudu wa Kabugondo, mu kagari ka Kinini mu murenge wa Shyogwe, mu Karere ka Muhanga, intara y’Amajyepfo. Ipiganwa ku nshuro ya kabiri rizatangira kuwa 12/5/2023 saa tanu za mu gitondo (11H00), rirangire ku wa 19/05/2023 saa tanu za mugitondo (11H00).

Ipiganwa mu buryo bw’ikoranabuhanga ku nshuro ya gatatu ari nayo yanyuma, rizatangira kuwa 21/05/2023 saa tanu za mugitondo (11H000) rirangire ku wa 28/05/2023 saa Tanu za mu gitondo (11H00) ni nabwo bazatanga urutonde rw’abapiganywe n’ibiciro bagiye batanga.

Umutungo ugurishwa ufite UPI 2/07/12/01/978.

Umutungo ugurishwa ufite ubuso bwa metero kare1,734 Sqm

Umutungo ugurishwa ufite agaciro kari ku isoko kangana na 8,540,448 Frw

Ingwate y’ipiganwa yawo ni 427,023 Frw ihwanye na 5% by’agaciro k’umutungo ugurishwa ahyirwa kuri konti nimero 000400696574-29 RWF yitwa MINIJUST AUCTION FUDS ya Minisiteri y’ubutabera iri muri banki ya Kigali (BK).

Amafaranga azashyirwa kuri konti nimero: 00085-07764046-67 iri muri bank de Kigali (BK) mu mazina ya NTAGISANIMANA Jean Claude.

Abifuza gupiganwa bose bagomba kwiyandikisha ku rubuga www.cyamunara.gov.rw kuko ariho ipiganwa rizabera mu buryo bw’ikoranabuhanga ryo kurangiza inyandikompesha: www.cyamunara.gov.rw ku bindi bisobanuro mwabariza kuri telefoni zikurikira 0788585150/0780097858.

Kikorewe i Muhanga , kuwa 11/05/2023.

NTAGISANIMANA Jean Claude, Ushinzwe kugurisha ingwate







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND